Abakozi b’Akarere ka Gasabo bibutse ku nshuro ya 27 abahoze bakorera Ama Komine abarizwa mu mbago zako Karere bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ejo taliki ya 21 Gicurasi 2021, Akarere ka Gasabo kibutse abari abakozi b’amakomini abarizwa mu mbago z’Akarere ka Gasabo. Iki gikorwa kikaba cyaba hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda #COVID-19.
Gahunda yo kwibuka yaranzwe n’ibikorwa bikurikira:
Iki gikorwa cyabanjirijwe no kunamira abazize Jenoside yakoewe Abatutsi mu 1994 baruhukiye mu Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali- Gisozi, hafatwa n’umunota wo kwibuka hanashyirwa indabo ku mva ziruhukiyemo imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi.
Hanatanzwe ubuhamya bw’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi akaba yari umuyobozi wa Serayi ya Gikomero mbere ya Genoside yakorewe Abatutse iba Bwana NKURUNZIZA Innocent.
Hatanzwe Ikiganiro kijyanye no kurwanya Ingengabitekerezo ya Jenoside Dr.RUTIJANWA Medard,
Umuyobozi Nshingwa bikowa w’Akarere akaba yari nawe mushyitsi mukuru, mwijambo rye yihanganisheje anahumuriza abarokotse Genoside yakorewe abatutsi mu 1994 abasaba gukomera bakaba intwali ntibaheranwe n’agahinda kuko bafite ubuyobozi bubakunda kandi burahari kugirango bubafashe.
Umuyobozi yakomeje avuga ko icyo ubuyobozi bubereyeho arugufasha abaturage, abizeza ko mu bibazo byagiye gigaragazwa n’uwa ruhagarariye Ibuka mwijambo rye, ko bizitabwaho uko ubushobozi bugenda buboneka, cyane ko nubusazwe ibyinshi mu byagaragajwe bisazwe bikemurwa binyuze mungengo y’Imari.
#Kwibuka Twiyubaka
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…