Abahinzi b’Umuceri bahinga mu gishanga cya Rugende barishimira ibyo bamaze kugeraho

Mu rwego rwo kubegera no kurushaho kumenya amakuru ajyanye n’abahinzi b’Umuceri , twasuye Amakoperative y’abahinzi b’umuceri bahinga mu gishanga cya Rugenda mu Murenge wa Rusororo  Akarere Gasabo.

Iki gishanga ku ruhande rw’Akarere ka Gasabo hahingamo Koperative 4 zihinga umuceri.

  1. Ejo Heza Rugende Rice

  2. Twiheshe Agaciro Rubyiruko

  3. Inspire Igiceri Gasabo hamwe na 

  4.  Unity Development

Aba bose bahinga Umuceri mu gishanga cya Rugende kandi bishimiye akazi bakora kuko kamaze kubageza kuri byinshi mu iterambere. Bavuga ko kuba bahinga igihingwa kimwe bibafasha kubona amasoko y’umusaruro wabo bity bikabafasha kwiteza imbere no kwikemurira ibibazo.

Basahima kandi ko kubera ko ugishanga gitunganije bituma abakoramo, abaturiye igishanga ndetse n’Usaruro bagira umutekano.

Ariko nubwo bashima ibyo bamaze kugeraho, ariko bafite imbogamizi:

Basaba ko Igishanga cyatungankwa  neza bityo umusaruro wabo ntiwangirike kubera gutinda kubwanikiro Bavuga kandi ko badafite ubwanikiro buhagije, umuhanda imodoka zitwara umusaruro ku isoko ntabwo ugera kubwanikiro bityo bigatuma umusaruro wangirika bikabateza igihombo.( post harvest loss).


Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->