Abahinzi b’Umuceri bahinga mu gishanga cya Rugende barishimira ibyo bamaze kugeraho
Mu rwego rwo kubegera no kurushaho kumenya amakuru ajyanye n’abahinzi b’Umuceri , twasuye Amakoperative y’abahinzi b’umuceri bahinga mu gishanga cya Rugenda mu Murenge wa Rusororo Akarere Gasabo.
Iki gishanga ku ruhande rw’Akarere ka Gasabo hahingamo Koperative 4 zihinga umuceri.
Ejo Heza Rugende Rice
Twiheshe Agaciro Rubyiruko
Inspire Igiceri Gasabo hamwe na
Unity Development
Aba bose bahinga Umuceri mu gishanga cya Rugende kandi bishimiye akazi bakora kuko kamaze kubageza kuri byinshi mu iterambere. Bavuga ko kuba bahinga igihingwa kimwe bibafasha kubona amasoko y’umusaruro wabo bity bikabafasha kwiteza imbere no kwikemurira ibibazo.
Basahima kandi ko kubera ko ugishanga gitunganije bituma abakoramo, abaturiye igishanga ndetse n’Usaruro bagira umutekano.
Ariko nubwo bashima ibyo bamaze kugeraho, ariko bafite imbogamizi:
Basaba ko Igishanga cyatungankwa neza bityo umusaruro wabo ntiwangirike kubera gutinda kubwanikiro Bavuga kandi ko badafite ubwanikiro buhagije, umuhanda imodoka zitwara umusaruro ku isoko ntabwo ugera kubwanikiro bityo bigatuma umusaruro wangirika bikabateza igihombo.( post harvest loss).
Mu Karere ka Gasabo hibutswe abana n‘abagore bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Mu karere ka Gasabo hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside…
Uyu munsi mu Murenge wa Gatsata bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'abadepite…
Ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi ku rwego rw'Akarere ka Gasabo byabanjirijwe no gushyira indabo kumva, kunamira no…
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…