Abahinzi bakomeje kwitegura igihembwe cy’ihinga 2026A
Abahinzi bibumbiye mu ma Koperative hirya no hino mu Mirenge igize Akarere ka Gasabo bakomeje kwitegura ihanga ry’igihembwe cya 2026A bakora ibikorwa bitandukanye bategura imirima yabo;
Abahinga umuceri mu bishanga cya Nyagisenyi- Rufigiza bakoze umuganda Koperative yitwa ZAMUKA bakoze umuganda wo gusibura imiyoboro y’amazi no gufunga ingarani yari yaracitse kubera imvura.
Naho kuri site ya Karama iherereye mu Kagari ka Nyabikenke izahingwamoho ibigori kubuso bungana na 48Ha, abahinzi bishyize hamwe bakodesha imashini kugirango ibafasha gutegura ubutaka.
Nahandi hose mu mirenge abahinzi barimo kwitegura mu buryo butandukanye kugirango batazacikankwana n’hinga.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…