Abahinzi bahinga mu bishanga bitandukanye muri Gasabo bahawe amahugurwa
Ejo taliki ya 13 Kanama 2025, mu Karere ka Gasabo hatangiye amahugurwa y’abahinzi bahinga mu bishanga bitandukanye. Aya mahugirwa yateguwe kubufatanye bw’Akarere ka Gasabo n’Ufatanyabikorwa HoReCo hamwe na RAB.
Mu karere ka Gasabo, hahuguwe abahinzi 28 baturutse mu bishanga bitandukanye aribyo Kajevuba, Kabuye/Jabana na Nyagisenyi-Rufiza hamwe n’abahinzi 20 bahinga mu gishanga cya Rugende aho bahuguwe ku:
1. Imihingire Inoze kubihingwa bitandukanye
2. Icungamutungo rya cooperative n'umuryango w'abakoresha amazi
3. Imiyoborere y'umuryango w'abakoresha amazi na Cooperative
4. Gutaneza ubutaka no kuhira
5. Gufataneza imisozi ikikije ibishanga
6. Gufataneza umusaruro w'ibihingwa bitandukanye
7. Gukemura amakimbirane no gukurikirana ibikorwa.
Abahizi bashimye cyane amahugurwa babonye kuko azabafasha guhinga neza no gucunga umutungo wa amakoperative babamo/ bakuriye.
Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…
Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye inama n'Abakuru…
Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka, uyu munsi Ubuyobozi bw'Akarere ka…
Ku munsi wa Mbere taliki ya 29 Ukuboza 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…
Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa mu Iterambere…
Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…
Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo Amb. Uwihanganye Jean de Dieu akaba n'Imboni y'Akarere…