Abagize Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali baganiriye n’abagize Inama Njyanam z’Imirenge y’Akarereka Gasabo

Mu rwego rwo kungurana Inama no kunoza Imikorere n’Imikoranire, ejo taliki ya  22 Ugushyingo, Abagize Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali bagiranye inama nabagize Inama Njyanama z’Imirenge y’Akarere ka Gasabo iherereye mu Mujyi indi yo mu nkenegero bakazahura mu cyumweru gitaha.

Intego yiyi nama nukwimakaza umuco wo kwegereza ubuyobozi abaturage no gukorana hafi n’izindi nzego, Kubaka inzego z’Umujyi wa Kigali zishoboye kandi no kunoza imitangire ya serevisi.

Muri yi nama kandi hari hagamijwe kurushaho kumenya imbogamizi abagize Inama Njyanama bahura nazo mu mikorere yabo hagamijwe gusubiza ibyifuzo by’abaturage.

Nyuma yo kuganira, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buteganya ko Imirenge azagira abajynama bashoboye kandi bashyize imbere umuturage kandi bafite imikoranire myiza n’izindi nzego.

Muriyi nama Abagize inama Njyanama bahawe umwanya babaza ibibazo ndetse batanga n’ibitekerezo byose bigamije kurushaho kunoza imikorere.

Abagize Inama Njyanama z’Imirenge bishimiye iki gikorwa Abajyanam b’Umujyi bakoze cyo kubegera kandi nabo biyemeza kwegera izindi nzego bakorana bakanoza ibitagenda hagamijwe gutanga serevise nziza ku muturage.

Ibiganiro byatanzwe; Imikorere y’Inama Njyanama na gahunda ya Ejo Heza.


Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->