Abadepite mu karere ka Gasabo

                Nkuko byakoze mutundi turere, Intumwa za rubanda  umutwe w’Abadepte  batangiye ingendo zabo mu Mirenge n’Utugari tugize Akarere ka Gasabo mu rwego rwo kwegera Abaturage no kubakemurira ibibazo. Ingendo z’Abadepite mu Karere ka Gasabo zatangiye taliki ya 24 Nzeri 2016 zikazarangira 02 Ukuboza 2016. Ingingo nyamukuru y'ururugendo nukugirango begere Abaturage, babafashe mu gukemura ibibazo bafite banagirwe n’inama. Izindi ngingo baganiraho, nukubigisha kwimakaza umuco woguca akarengane, gushishikariza ababyeyi gushyira abana mu mashuri no kutabakuramo, guca burundu umwanda no kurwanya imirere mibi. Izi ntumwa za rubanda batangiye urugenda rwabo bakorana umuganda rusange n’abaturage b'utugari dutandukanye two mu Karere ka Gaabo hanyuma baranaganira. Aba badepite baganarije abaturage ku mutekano ko uhera mu muryango ku mugore, umugabo n’abana hanyuma ugakwira hose. Bongeye gushishikariza ababyeyi kwita kw’isuku, mu bana, aho batuye, aho baryama  hamwe no kurya inryo yuzuye ariyo igizwe ibintu bi tatu(3) aribyo; ibitera imbaraga, ibyubaka umubiri hanwe n’ibirinda indwara. Nka’ababyeyi, bashimiwe  uruhare rwiza bakoze bubaka amashuri menshi kandi meza mu gihugu. ariko basabwa gushayira  abana babo murayo mashuri biyubakiye ndetse nogusubiza mo abayavuyemo. Nyuma y’ibiganiro izi ntumwa za rubanda zanakemuye ibibazo by’abaturage.

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->