Abadepite bo gihugu cya Kenya bari mu rugendoshuri basuye Gasabo

Nk'uko bimaze kugaragara mu bintu byinshi bitandukanye, u Rwanda rumaze kuba intanga rugero mw’Iterambere ryihuse. Intumwa za rubanda zo Gihugu cya Kenya zaje mu rugendo shuri  bamaze icyumweru mu gihugu cyacu bigira ku Rwanda ku byo rumaze kugeraho. Bakigera ku Karere ka Gasabo, bakiriwe n’Umuyobozi w’Akarere Nyakubahwa Rwamulangwa Stephen, wabahaye ikaze akanabasobanurira uko Inzego z’ubuyobozi bw’ibanze zubakitse. Yakomeje anababwira uko Akarere gakora nuko gakorana n’izindi nzego z’ubuyobozi. Ibindi  bifuzaga kumenya cyane ni ibikorwa bimwe nk’Imiturire uko iteye nuko ikorwa muri Gasabo(urbanization) hamwe nuko imyanda ikusanywa ikanatunganywa (Solid waste management). Aba bashyitsi basobanuriwe uburyo, imyanda ikusanywa mu ngo, uko abantu batanga amafaranga bakurikije ibyiciro by’ubudehe babamo, ibyo byose byarabatangaje ariko bavuga ko bagiye kubigerageza kubyigisha iwabo. Abo Badepite bashimye cyane u Rwanda bavuga ko ibikorwa by’uRwanda byivugira kuva ku mupaka ukinjira,  n’ahandi hose bashoboye gusura hameze neza. Bavuze ko ari ibintu byiza cyane kandi binashimishije kubona aho u Rwanda ruvuye naho rugeze.

Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Mu Karere ka Gasabo hatangijwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13

Ku munsi wa Kabiri, mu Mirenge yose y'Akarere ka Gasabo hatangjjwe Urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe n'urubyiruko rwarangije…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama n’abakuru b’Imidugudu mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,  Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali ari kumwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere bagiranye  inama n'Abakuru…

Read more →

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwifatanije n’abaturage batishoboye kwizihiza imimnsi mikuru

Mu rwego rwo kwifatanya n'abaturage  batishoboye batujwe mu Midugudu mu kwizihiza iminsi mikuru y'impera z'umwaka,  uyu munsi Ubuyobozi  bw'Akarere ka…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yagiranye inama n’abagize Biro z’inama Njyanama z’Imirenge

Ku munsi wa Mbere  taliki ya 29 Ukuboza 2025,  Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere yayoboye inama yamuhuje nabagize Biro z'inama Njyanqma z'Imirenge…

Read more →

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Gasabo .

Muri gahunda yo kunoza imikorere y’inzego z’Uturere n’Imirenge, kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yagiranye inama…

Read more →

Inama y’Inteko Rusange y’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy'inama cy'Akarere ka Gasabo hateranye  inama y'Inteko Rusange y'abafatanyabikorwa  mu Iterambere…

Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Uyu munsi taliki ya 25 Ugushyingo 2025,   mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga, Inteko z'abaturage zahujwe no gutangiza Ubukangurambaga…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yasuye Akarere ka Gasabo

Ku gica munsi cyo kuri uyu munsi,  Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ibikorwa Remezo   Amb. Uwihanganye  Jean de Dieu akaba n'Imboni  y'Akarere…

Read more →
-->