Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Isuzuma bumenyi Mpuzamahanga ryitwa PISA 2025 ryatangijwe mu Rwanda

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda Madamu Irere Clodette  ari kumwe n'Umuyobozi…

Read more →

Umuganda Rusange usoza Ukwezi kwa Mata

Umuganda Rusange usoza ukwezi kwa Mata 2025 mu Karere ka Gasabo wakozwe mu Midugudu yose .

Ku Rwego rw'Akarere ka Gasabo wabereye mu Murenge wa…

Read more →

KWIZIHIZA UMUNSI MPUZAMAHANGA WO KU RWANYA MALARIA

Uyu munsi ku italiki ya 25 Mata 2025 hizihizwe Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya Malariya. Ku rwego rw'Igihugu ukaba wizihirijwe mu Karere ka Gasabo…

Read more →

UBUKANGURAMBAGA BWO KU RWANYA MALARIA

Muri gahunda yo ku rwanya Indwara ya Malaria, Akarere ka Gasabo kubufatanye n’abafatanyabikorwa bafite kurwanya Malaria mu Nshingano batanze ikiganiro…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa yakiriye indahiro indahiro z’abanyamahanga bahawe Ubwene Gihugu nyarwanda

Ku gica munsi cyo ku  wa kabiri, kubufatanye n'Ikigo gishinzwe abanjira n'abasohoka, Umuyobozi Nshingwabikorwaw'Akarere yakiriye indahiro…

Read more →

KWIBUKA KU NSHURO YA 31 JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MU MURENGE WA NDERA

Kwibuka ku nshuro ya 31Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Ndera byabanjirijwe no gushyira indabo ku nzibutso zishyinguwemo abazize Jenoside…

Read more →

KWIBUKA KU NSHURO YA 31 MU MURENGE WA JABANA.

Kuwa Gatatu tariki 9 mata 2025 nibwo habaye Kwibuka kunsuro ya 31 Mu murenge wa Jabana uherereye mu karere ka Gasabo. Uyu muhango witabiriwe…

Read more →

Gutangiza icyunamo mu Karere ka Gasabo

Mu Karere ka Gasabo, Kwibuka kunshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 byabereye mu Mirenge yose y’Akarere. Ku rwego rw’Akarere byatangirijwe…

Read more →

KOMPANYI YA BEST VETERINARY SERVICES LTD IGIYE GUTANGIRA GUKORERA MU KARERE KA GASABO

Nkuko byatanzweho  umurongo na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, ko ibikorwa by’Ubworozi byose bigomba gukorwa na Kompanyi z’abikorera, Uyu munsi mu…

Read more →