Abantu 25 basabye bakanabyemererwa bahahwe ubwene gihugu bw’ u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, taliki ya 13 Mutarama 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere yatanze ubwenegihugu ku bantu 25 babisabye bakabyemererwa…

Read more →

Intore mu biruhuko mu Karere ka Gasabo

Mu Karere ka Gasabo gahunda y’Intore mu biruhuko irakomeje hirya no hino mu tugari kuri site zatoranijwe.

Gahunda y’Intore mu biruhuko abana bigishwa…

Read more →

Hatashwe ikiraro mu Kagari ka Nyabisindu

Uyu munsi  taliki ya  29 Nyakanga 2025, mu Murenge wa Kimironko Akagali ka Nyagatovu,hatashywe  ku mugaragaro ikiraro cyubatswe ku bufatanye…

Read more →

Inama igamije kurebera hamwe uko Koperative z’Urubyiruko zafashawa

Uyu munsi umuyobozi w’Imirimo Rusange mu Karere yayoboye inama yahuje abayobozi bamakoperative y’Urubyiruko rw’abakorerabushake , abakozi bashinzwe…

Read more →

Umunsi wa Kabiri w’Intore mu Biruhuko

Uyu munsi taliki ya 24 Nyakanga 2025, n’umunsi wa Kabiri wa Gahunda y’Intore mu biruhuko. Abana n’Urubyiruko  bateraniye kuri site zabo ziherereye…

Read more →

Gahunda y’Intore mu biruhuko yatangijwe ejo mu Tugari twose two mu Karere ka Gasabo

Gahunda y'Intore mu biruko  yatangijwe mu tugari twose tugize Akarere ka Gasabo ikazasozwa ku  italiki ya 29/08/2025

Ku rwego rw'Akarere iyi gahunda…

Read more →

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gasabo yasuye Umurenge wa Rutunga.

Kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere  Bwana BAYASESE Bernard, yifatanije n’abaturage bo mu Murenge wa Rutunga Akagari ka Ndatemwa…

Read more →

Hateranye inama y’Inteko Rusange y’ihuriro ry’abafatanya bikorwa mu Iterambere

Uyu munsi,Umuyobozi  Nshingwabikorwa w'Akarere  yafunguye inama y'Inteko Rusange y'Ihuriro ry'abafatanyabikorwa mu Iterambere yashimiye cyane uruhare…

Read more →

Amakipe Abiri y’Akarere ka Gasabo yemerewe gukina umukino wa nyuma w’Umurenge Kagame Cup

Ejo taliki ya 27 Gicurasi 20025, nibwo hakinkwe umukino wa kimwe cya kabiri (1/2) cy’Umurenge Kagame Cup.  Amakipe 2 y’Akarere ka Gasabo niyo…

Read more →

Abana bato babaye abafasha myumvire muri iyi minsi 14 y’Ubukangurambaga bwo ku rwanya Malaria.

Muri ubu bukanguramba bw’iminsi 14 bwo ku rwanya Malaria, Akarere ka Gasabo n’abafatanyabikorwa bako muri Malaria, barimo gukora ubukangurambaga mu…

Read more →